Verse 1:
Nukuri uramukunda
Nubwo yagiye Kure
Ni nk’umwana w’ikirara
Ataka nk’uhumeka umwuka wanyuma

Umufite ku mutima
Nubwo yakoze ibibi  byinshyi
Yuzuye isoni  nikimwaro
Maze umwibutsa yuk yacunguwe
Umutima ugasimbuka
Akaririmba izamazamuka

Chorus:
Ndaziko nubwo bimeze bityo
Hari umugabo ankunda
Avuga ko ndi uwe
Ijuru riraririmba riti nukuri nturi wenyine
Imisozi igatangara, erega warahiriwe

Verse 2:
Ese ni hehe kure Cane umuntu yayobera
Nizihe mnbaraga zicyaha zatuma umwibagirwa
Ko ubuntu bwawe burenga cyane
Kandi mubacunguwe, Uwo  nawe yararimo

Chorus:
Ndaziko nubwo bimeze bityo
Hari umugabo ankunda
Avuga ko ndi uwe
Ijuru riraririmba riti nukuri nturi wenyine
Imisozi igatangara, erega warahiriwe
Ndaziko nubwo bimeze bityo
Hari umugabo ankunda
Avuga ko ndi uwe
Ijuru riraririmba riti nukuri nturi wenyine
Imisozi igatangara, erega warahiriwe

Bridge:
Ndetse no kudatungana kwanjye iyo bibaye
Imbabazi zawe nibwo zigwira ukaboneka ko ukiranuka
Oooh oooh
Kuko mubacunguwe nukuri nari ndimo

Chorus:
Ndaziko nubwo bimeze bityo
Hari umugabo ankunda
Avuga ko ndi uwe
Ijuru riraririmba riti nukuri nturi wenyine
Imisozi igatangara , erega warahiriwe
Ndaziko nubwo bimeze bityo
Hari umugabo ankunda
Avuga ko ndi uwe
Ijuru riraririmba riti nukuri nturi wenyine
Imisozi igatangara, erega warahiriwe

Ndaziko nubwo bimeze bityo
Hari umugabo ankunda
Avuga ko ndi uwe
Ijuru riraririmba riti nukuri nturi wenyine
Imisozi igatangara, erega warahiriwe
Ndaziko nubwo bimeze bityo
Hari umugabo ankunda
Avuga ko ndi uwe

Song by Israel Mbonyi