Verse 1:
Nukuri uramukunda
Nubwo yagiye Kure
Ni nk’umwana w’ikirara
Ataka nk’uhumeka umwuka wanyuma
Umufite ku mutima
Nubwo yakoze ibibi byinshyi
Yuzuye isoni nikimwaro
Maze umwibutsa yuk yacunguwe
Umutima ugasimbuka
Akaririmba izamazamuka
Chorus:
Ndaziko nubwo bimeze bityo
Hari umugabo ankunda
Avuga ko ndi uwe
Ijuru riraririmba riti nukuri nturi wenyine
Imisozi igatangara, erega warahiriwe
Verse 2:
Ese ni hehe kure Cane umuntu yayobera
Nizihe mnbaraga zicyaha zatuma umwibagirwa
Ko ubuntu bwawe burenga cyane
Kandi mubacunguwe, Uwo nawe yararimo
Chorus:
Ndaziko nubwo bimeze bityo
Hari umugabo ankunda
Avuga ko ndi uwe
Ijuru riraririmba riti nukuri nturi wenyine
Imisozi igatangara, erega warahiriwe
Ndaziko nubwo bimeze bityo
Hari umugabo ankunda
Avuga ko ndi uwe
Ijuru riraririmba riti nukuri nturi wenyine
Imisozi igatangara, erega warahiriwe
Bridge:
Ndetse no kudatungana kwanjye iyo bibaye
Imbabazi zawe nibwo zigwira ukaboneka ko ukiranuka
Oooh oooh
Kuko mubacunguwe nukuri nari ndimo
Chorus:
Ndaziko nubwo bimeze bityo
Hari umugabo ankunda
Avuga ko ndi uwe
Ijuru riraririmba riti nukuri nturi wenyine
Imisozi igatangara , erega warahiriwe
Ndaziko nubwo bimeze bityo
Hari umugabo ankunda
Avuga ko ndi uwe
Ijuru riraririmba riti nukuri nturi wenyine
Imisozi igatangara, erega warahiriwe
Ndaziko nubwo bimeze bityo
Hari umugabo ankunda
Avuga ko ndi uwe
Ijuru riraririmba riti nukuri nturi wenyine
Imisozi igatangara, erega warahiriwe
Ndaziko nubwo bimeze bityo
Hari umugabo ankunda
Avuga ko ndi uwe
Song by Israel Mbonyi